Imyidagaduro

Se wa Nicki Minaj yagonzwe ahita apfa

Se wa Nicki Minaj yagonzwe ahita apfa

Umuraperikazi w’umunyamerika, Nicki Minaj ari mu gahinda gakomeye nyuma y’uko se, Robert Maraj yitabye Imana aguye mu mpanuka y’imodoka mu mpera z’icyumweu gishize.

Robert Miraj yaguye mu mpanuka y’imodoka yabaye ku wa Gatanu muri New York, akaba yaragonzwe n’umuntu utaramenyekana aho yahise yiruka.

Yahise yirukankanwa ku bitaro ariko bukeye bwaho ku wa Gatandatu tariki 13 Gashyantare 2021 ahita yitaba Imana.

Robert Miraj yitabye Imana ku myaka 64. Polisi yo muri New York ikaba ikomeje iperereza kuri uyu muntu wagonze se wa Nicki Minaj.

Se wa Nicki Minaj yitabye Imana
)

Tanga igitekerezo

Ibitekerezo

IZASOMWE CYANE

To Top