Imyidagaduro

Uko Digidigi yabwiye abakobwa bakundanye ko akibakunda ku munsi w’ubukwe bwabo, umubano wihariye na Mama Sava(VIDEO)

Uko Digidigi yabwiye abakobwa bakundanye ko akibakunda ku munsi w’ubukwe bwabo,  umubano wihariye na Mama Sava(VIDEO)

Umukinnyi wa filime nyarwanda ukunzwe cyane muri iyi minsi muri Papa Sava aho akina yitwa Digidigi, yatangaje ko ari kenshi abakobwa bakundanye bakoze ubukwe maze akababwira ko akibakunda.

Uyu mugabo avuga ko akenshi yabikoraga nk’igihe babaga bagiye gutanga impano ubundi akabibongorera ati"n’ubwo ushatse umugabo, naragukundaga."

Muri iki kiganiro n’ikinyamakuru ISIMBI, yari kumwe na Mama Sava bakinana muri Papa Sava, bakaba bahishuye byinshi ku mubano wabo abantu batazi.

)

Tanga igitekerezo

Ibitekerezo

IZASOMWE CYANE

To Top