Imyidagaduro

Umuhanzi Muyango yajyanywe mu bitaro igitaraganya

Umuhanzi Muyango yajyanywe mu bitaro igitaraganya

Umuhanzi Muyango Jean Marie Vianney yasubijwe mu bitaro igitaraganya nyuma yo kuremba.

Ku wa 24 Mata 2024 ni bwo uyu mugabo yajyanywe mu Bitaro byitiriwe Umwami Faisal akaba ari ho arwariye.

Yasubijwe kwa muganga nyuma y’uko n’ubundi muri Mutarama 2023 yari mu bitaro kubera ko yagorwaga no guhumeka.

Byatumye tariki ya 5 Mutarama 2023 abagirwa mu Bitaro byitiriwe Umwami Faisal ashyirwamo akuma gatuma umutima ukora. Yaje kuva mu bitaro tariki ya 8 Mutarama 2023.

Muyango arembeye muri King Faisal Hospital
)

Tanga igitekerezo

Ibitekerezo

IZASOMWE CYANE

To Top