Siporo

Abakinnyi 11 beza b’ibihe byose kuri Jimmy Gatete (AMAFOTO)

Abakinnyi 11 beza b’ibihe byose kuri Jimmy Gatete (AMAFOTO)

Jimmy Gatate yatoranyije ikipe y’abakinnyi 11 beza bakiniye ikipe y’igihugu Amavubi b’ibihe byose kuri we.

Uyu mugabo wabiciye bigacika muri ruhago y’u Rwanda, ari mu Rwanda guhera ku wa Mbere w’iki cyumweru.

Jimmy Gatete kuva muri 2010 yasezera umupira w’amaguru, ntabwo yigeze akunda kuwugaragaramo cyane.

Kuri ubu akaba yamaze gutangaza abakinnyi 11 beza b’ibihe byose kuri we. Iyi kipe ikaba irimo bamwe mu bakinnyi bari kumwe mu rugendo rwo gushaka itike y’igikombe cy’Afurika cya 2004, igikombe kimwe rukumbi u Rwanda rwitabiriye.

11 beza kuri we

Umunyezamu: Murangwa Eugene

Ba Myugariro : Kalisa Claude, Bizagwira Leandre, Sibo Abdul, Ndikumana Hamad Katauti

Abakina hagati: Jeannot Witakenge, Kabongo Honore, Jimmy Mulisa

Rutahizamu: Olivier Karekezi, Mbonabuca Desire na Jimmy Gatete

Ndikumana Hamad Katauti
Jimmy Gatete
Jimmy Mulisa
Olivier Karekezi
Desire Mbonabucya
Jeannot Witakenge
Kalisa Claude
Sibo Abdul (8)
Bizagwira Leandre
Murangwa Eugene
)

Tanga igitekerezo

Ibitekerezo

  • RYEZEMBERE Joseph
    Ku wa 9-05-2024

    Nibubahwe pe baduhaye ibyishimo ni nayo kipe duheruka nziza cyane ahubwo Aho bari bage batanga umusanzu kuri barumuna babo kugirango nabo bazamure urwego tugire equipe ikomeye

  • RYEZEMBERE Joseph
    Ku wa 9-05-2024

    Nibubahwe pe baduhaye ibyishimo ni nayo kipe duheruka nziza cyane ahubwo Aho bari bage batanga umusanzu kuri barumuna babo kugirango nabo bazamure urwego tugire equipe ikomeye

IZASOMWE CYANE

To Top