Andi makuru
Masamba yahishuye ibitangaje kuri ’Rwagihuta’ indirimbo yakunzwe na benshi, bafata nk’iyuzuye ibishegu
Yanditswe na
Ku wa || 865
Mu kiganiro aherutse kugirana n’ikinyamakuru ISIMBI, umuhanzi Masamba yasobanuye byimbitse indirimbo ’Rwagihuta’ yakunzwe na benshi ariko na none abantu bakayifata nk’irimo ibishegu.
Avuga ko ari indirimo yahimbye ndetse ayikora aba hanze y’u Rwanda ari i Burundi, gusa yatunguwe n’uko yamaze igihe nta muntu uyitayeho ahubwo nyuma y’imyaka 3 ni bwo yatangiye kuvugwa cyane.
Avuga ko ari indirimbo yakuye ku mukobwa bakundanaga i Burundi akaza kumutwarwa n’umugabo w’umukire.
Reba ikiganiro na Masamba asobanura byinshi kuri Rwagihuta
)
Ibitekerezo
Jado
Ku wa 7-10-2020Andika Igitekerezo
MASAMBA aravuga ibitari ukuri navuge ko yisamye yasandaye kuri Rwagihuta navuge ukuri nibishegu
yari agambiriye kuririmba areke kwiregura ubusa ahubwo asabe imbabazi nk’umuntu uririmba ibijyanye n’umuco nyarwanda