Imyidagaduro

Mu mafoto 32, imiterere n’uburanga bw’umunyamideli byatumye umukinnyi w’Amavubi ahitamo gusezerera ubugaragu

Mu mafoto 32, imiterere n’uburanga bw’umunyamideli byatumye umukinnyi w’Amavubi ahitamo gusezerera ubugaragu

Monica wamenyekanye nka Muni Boss Lady ku mbuga nkoranyambaga, ni we munyarwandakazi w’umunyamideli wigaruriye umutima wa Ally Niyonzima, umukinnyi w’ikipe y’igihugu Amavubi ukinira Bubamuru mu Burundi.

Uyu mukinnyi ukina mu kibuga hagati aheruka kwambika impeta y’urukundo uyu mubyeyi w’umwana umwe amusaba ko yazamubera umugore igihe basigaje ku Isi bakimarana.

Monica usanzwe uba muri New Zealand bitewe n’urukundo amukunda, yahise abyemeza atazuyaje.

Muri 2019 ni bwo aba bombi batangiye gukundana, gusa muri 2020 Muni Boss Lady ni we watangaje bwa mbere ko ari mu rukundo na Ally Niyonzima.

Monica yavukiye mu Rwanda, Intara y’Uburengerazuba mu Karere ka Rubavu, afite umwana umwe yabyaranye na Kapaya Christus bari barashakanye ariko akaza kwitaba Imana.

Urukundo rugeze aharyoshye hagati ya Muni Boss Lady na Ally Niyonzima
)

Tanga igitekerezo

Ibitekerezo

  • Bikorimanalambert
    Ku wa 5-01-2023

    Sha
    Arahiye
    Kbx
    Umuhungu
    Wacu

  • Bikorimanalambert
    Ku wa 5-01-2023

    Sha
    Arahiye
    Kbx
    Umuhungu
    Wacu

  • Dinah
    Ku wa 5-01-2023

    Cyakoze mugabanye kubeshya abanyarwanda peee! Muni numubyeyi ubyaye 2 kdi nta mwana yigeze abyarana na kapaya ubutaha muge mushaka amakuru yanyayo

  • Birindiro
    Ku wa 5-01-2023

    Ubwo nawe arishoye ngo ararongoye niyigere naho kubaka byo ntabihari bene aba ntibubaka ingero ni nyinshi pe

  • Birindiro
    Ku wa 5-01-2023

    Ubwo nawe arishoye ngo ararongoye niyigere naho kubaka byo ntabihari bene aba ntibubaka ingero ni nyinshi pe

  • Bert
    Ku wa 5-01-2023

    Ubwo nawe arishoye ngo ararongoye niyigere naho kubaka byo ntabihari bene aba ntibubaka ingero ni nyinshi pe

  • Habumugisha Gad
    Ku wa 4-01-2023

    Nibyiza pevally nacyure uwomumama ni flex kbx

IZASOMWE CYANE

To Top