Ibyishimo ku bafana ba APR FC bari buzuye Kigali Pelé Stadium bongeye kubona umunyamahanga mu mwambaro w’ikipe yabo (AMAFOTO)
APR FC yakoze imyitozo yiyereka abafana muri Kigali Pelé Stadium bari baje kwihera ijisho abanyamahanga yaguze.
Ni imyitozo yabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 21 Nyakanga 2023, ni nyuma y’ikiganiro n’itangazamakuru aho barekanye umutoza mushya Thierry Froger w’Umufaransa wahawe amasezerano y’umwaka umwe.
Hahise hakurikiraho imyitozo ya APR FC yakozwe n’abakinnyi bashya 6 ari bo; Pavelh Ndzila, Taddeo Lwanga, Nshimirimana Ismaïl Pitchou, Joseph Apam Assongue, Sharif Shaiboub na Ndikumana Danny uzakina nk’umunyarwanda.
Iyi myitozo ikaba yakurikiranywe n’abafana benshi ba APR FC bari buzuye muri Kigali Pelé Stadium.
Bari bafite amatsiko menshi yo kubona abakinnyi b’abanyamahanga ikipe yabo yaguze, ni nyuma y’imyaka 11 ikinisha abanyarwanda gusa.
Mu bakinnyi batakoze ni umunya-Cameroun, Salomon Bienvenue Banga n’umunya-Nigeria, Victor Mbaoma.
AMAFOTO: Kigali Today
)
Ibitekerezo
MVUTSENEZANIGENAFRANCIS
Ku wa 11-04-2024Andika Igitekerezo Hano apr fc nikomereze aho tuyi rinyuma
MVUTSENEZANIGENAFRANCIS
Ku wa 11-04-2024Andika Igitekerezo Hano apr fc nikomereze aho tuyi rinyuma
Dusabumuremyi Atanazi
Ku wa 23-07-2023ibinubirikujyendanez abacyinnyinibezap
Dusabumuremyi Atanazi
Ku wa 23-07-2023ibinubirikujyendanez abacyinnyinibezap
Dusabumuremyi Atanazi
Ku wa 23-07-2023ibinubirikujyendanez abacyinnyinibezap
Dusabumuremyi Atanazi
Ku wa 23-07-2023ibinubirikujyendanez abacyinnyinibezap
Dusabumuremyi Atanazi
Ku wa 23-07-2023ibinubirikujyendanez abacyinnyinibezap
Bernard
Ku wa 23-07-2023Munyize amagambo. Yabafana. Bahasenyi nyamunek
Bernard
Ku wa 23-07-2023Munyize amagambo. Yabafana. Bahasenyi nyamunek
Bernard
Ku wa 23-07-2023Munyize amagambo. Yabafana. Bahasenyi nyamunek
Shaffi
Ku wa 23-07-2023Nibyiza kbs bakomezaho ubudi tube ubukombe
Inosa ikayonza
Ku wa 22-07-2023Abafana turishimye wendagasenyi ntizonjyerakudususugura murakoze ninosa ikayonza