Siporo

Mugisha Bonheur yasanze umutoza wamutoje muri APR FC

Mugisha Bonheur yasanze umutoza wamutoje muri APR FC

Mugisha Bonheur wakiniraga ikipe ya Al Ahli Tripoli muri Libya yamaze kumvikana na Avenir Sportif de La Marsa yo muri Tunisia ubu itozwa na Ben Moussa wamutoje muri APR FC.

Ni nyuma y’iminsi mike Ben Moussa wahoze utoza APR FC agizwe umutoza w’agateganyo wa Avenir Sportif de La Marsa yatandukanye n’uwari umutoza mukuru wayo.

Iyi kipe ikina mu cyiciro cya mbere muri Tunisia ikaba yamaze kumvikana n’umunyarwanda wakiniraga Al Ahli Tripoli muri Libya 2023 yagezemo muri Nyakanga 2023.

Avenir Sportif de La Marsa ikaba inakoramo umukongomani, Guy Bukasa wanyuze mu Rwanda atoza Gasogi United na Rayon Sports.

Casemiro yamaze kumvikana n'ikipe itozwa na Ben Moussa wamutoje muri APR FC
Ben Moussa yatangiye gutoza Avenir Sportif de La Marsa
Ni ikipe ikorwamo na Guy Bukasa
)

Tanga igitekerezo

Ibitekerezo

IZASOMWE CYANE

To Top