Siporo

Savio yerekeje i Burayi, yaba yasezeye ruhago burundu?

Savio yerekeje i Burayi, yaba yasezeye ruhago burundu?

Nshuti Dominique Savio wakiniye amakipe yose akomeye mu Rwanda, yamaze kwerekeza i Burayi aho agiye gukomereza ubuzima.

Uyu mukinnyi uheruka gutandukana na Police FC amakuru avuga ko yajyanye na mugenzi we bakinanye muri Police FC, Mugenzi Bienvenue.

Aba bombi amakuru akaba aberekeza mu gihugu cy’Ubudage aho bagiye gukomereza ubuzima, bivugwa ko ibyo bagiyemo bitandukanye na ruhago bamenyekanyemo.

Nshuti Dominique Savio wakiniye Isonga, Rayon Sports, AS Kigali, APR FC na Police FC amakuru avuga ko asize akoze ubukwe na Tracy bamaze imyaka myinshi bakundana.

Savio yerekeje i Burayi
Mugenzi Bienvenue na we yajyanye na Savio
)

Tanga igitekerezo

Ibitekerezo

IZASOMWE CYANE

To Top