Siporo

Ubutumwa Haruna Niyonzima yahaye APR FC

Ubutumwa Haruna Niyonzima yahaye APR FC

Haruna Niyonzima uheruka gusinyira Rayon Sports yateguje APR FC ko bazahangana muri shampiyona.

Ni nyuma y’umukino wa gicuti Rayon Sports yaraye itsinzemo Muhazi United 1-0, Haruna Niyonzima akaba yakinaga umukino we wa mbere muri Gikundiro yaherukagamo mu myaka 17 ishize.

Ubwo yaganiraga n’ikinyamakuru ISIMBI, Haruna Niyonzima yabajijwe niba akurikije uko biyubatse niba bazahangana na mukeba, mu magambo make yagize ati "APR FC tuzahangana."

Rayon Sports izacakirana na APR FC ku munsi wa gatatu wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda umwaka w’imikino wa 2024-25 aho bazakina tariki ya 14 Nzeri 2024.

Haruna Niyonzima yavuze ko APR FC bazahangana
)

Tanga igitekerezo

Ibitekerezo

  • Sibomana aimable
    Ku wa 1-08-2024

    Ntanarimwe iki pe ya rayon sport iza sinda

  • Sibomana aimable
    Ku wa 1-08-2024

    Ntanarimwe iki pe ya rayon sport iza sinda

  • Sibomana aimable
    Ku wa 1-08-2024

    Ntanarimwe iki pe ya rayon sport iza sinda

  • Sibomana aimable
    Ku wa 1-08-2024

    Ntanarimwe iki pe ya rayon sport iza sinda

  • Nzayisenga samueli
    Ku wa 1-08-2024

    Kubera iki amakipeyomurwanda asohokera igihugu cofederasiyo cyagwa shapiyonizirige batambara visiti Rwanda mwatumenyera impamvu

  • Nzayisenga samueli
    Ku wa 1-08-2024

    Kubera iki amakipeyomurwanda asohokera igihugu cofederasiyo cyagwa shapiyonizirige batambara visiti Rwanda mwatumenyera impamvu

IZASOMWE CYANE

To Top