Siporo

Yannick Mukunzi yabatijwe

Yannick Mukunzi yabatijwe

Umukinnyi mpuzamahanga w’umunyarwanda ukinira Sandvikens IF, Yannick Mukunzi yamaze kubatizwa yemera kwakira Yesu nk’umwami n’umukiza w’ubugingo bwe.

Uyu mukinnyi ukina mu kibuga hagati muri Sandvikens IF mu cyiciro cya kabiri muri Sweden.

Yannick utarimo gukina muri iyi minsi kubera imvune, kuri iki Cyumweru tariki ya 8 Nzeri 2024 ni bwo yabatijwe bundi bushya yemera kwakira mu buzima bwe Yesu nk’umwami n’umukiza w’ubugingo bwe.

Abatijwe mu gihe ubwo yakoraga ubukwe na Iribagiza Joy muri Mutarama 2023 bashatse umupasiteri akabasezeeanya mu birori byabereye Heaven Garden i Rebero ari n’aho ubukwe bwa bo bwabereye.

Yannick Mukunzi yabatijwe bushya
)

Tanga igitekerezo

Ibitekerezo

To Top