Siporo

Njya numva ibyo nabyo hari igihe mushaka kubishinja APR FC - Lt Gen Mubarakh Muganga

Njya numva ibyo nabyo hari igihe mushaka kubishinja APR FC - Lt Gen Mubarakh Muganga

Umuyobozi w’ikipe ya APR FC, Lt Gen Mubarakh Muganga abona aho kugira ngo basubire kuri politiki y’abanyamahanga bakwemera andi makipe akongera umubare w’abanyamahanga ngo nubwo iyi kipe ijya ishinjwa kwanga ko umubare wabo wiyongera.

Hamze iminsi inkuru z’abakunnyi b’abanyamahanga muri APR FC isanzwe imenyereweho gukinisha abanyarwanda gusa mu myaka 8 itambutse, umuyobozi wayo Lt Gen Mubarakh Muganga aherutse no guca amarenga y’uko bashobora kubazana,

Gusa nubwo yatangaje ibi, avuga ko atari yo gahunda bafite kuko bo bifuza gukomeza gukoresha abakinnyi b’abanyarwanda, ndetse ngo ntacyo batazakora kugira ngo babigerageze aho anavuga ko bazemera andi makipe akongera umubare w’abanyamahanga kugira ngo bahe ihangana rikomeye iyi kipe y’ingabo z’igihugu ikinisha abanyarwanda.

Ati "Njya numva nabyo hari igihe mushaka kubishinja APR FC, ariko aho kugira ngo politike yacu isubire inyuma, twakwemera andi makipe akagira abanyamahanga 5, bangahe, bakajya baza, tubatsindiye hariya twaba tubonye igipimo cyiza, nitujya guhura n’izo kipe hanze tuzaba tuzi igipimo cyacu."

Kuva 2013 APR FC ikinisha abanyarwanda gusa, yagiye yegukana ibikombe bitandukanye bikinirwa imbere mu gihugu ariko hanze y’u Rwanda ikitwara nabi, akaba ari nayo mpamvu bashobora kuzana abanyamahanga.

Umuyobozi wa APR FC avuga ko ntacyo batazakora kugira ngo bagume kuri politike yo gukinisha abanyarwanda, abakinnyi ubwabo nibo bazatuma bayivaho
)

Tanga igitekerezo

Ibitekerezo

  • Bihoyiki devid
    Ku wa 30-06-2021

    Mwiriwe igitekerezo cyange numvaga ibyumuyobi wa gitinyiro ysvuze nabikumze ubwondavuga APR rwose ntacyotutakoze ngodutware ibikombe Kandi twarabitwaye imbere mugihugu ariko hanze byaranze nkubuyobozi dukunda budufashije bukazana kuribariya bakinnyi mwabamukoze murakoze

  • Bihoyiki devid
    Ku wa 30-06-2021

    Mwiriwe igitekerezo cyange numvaga ibyumuyobi wa gitinyiro ysvuze nabikumze ubwondavuga APR rwose ntacyotutakoze ngodutware ibikombe Kandi twarabitwaye imbere mugihugu ariko hanze byaranze nkubuyobozi dukunda budufashije bukazana kuribariya bakinnyi mwabamukoze murakoze

  • Bihoyiki devid
    Ku wa 30-06-2021

    Mwiriwe igitekerezo cyange numvaga ibyumuyobi wa gitinyiro ysvuze nabikumze ubwondavuga APR rwose ntacyotutakoze ngodutware ibikombe Kandi twarabitwaye imbere mugihugu ariko hanze byaranze nkubuyobozi dukunda budufashije bukazana kuribariya bakinnyi mwabamukoze murakoze

  • Bihoyiki devid
    Ku wa 30-06-2021

    Mwiriwe igitekerezo cyange numvaga ibyumuyobi wa gitinyiro ysvuze nabikumze ubwondavuga APR rwose ntacyotutakoze ngodutware ibikombe Kandi twarabitwaye imbere mugihugu ariko hanze byaranze nkubuyobozi dukunda budufashije bukazana kuribariya bakinnyi mwabamukoze murakoze

  • Uwizeyimana jack
    Ku wa 30-06-2021

    Twasabaga mukatuzanira abanyamahanga nkaba tatu tukajyerajyesa byakwanga tukaba subizayo

  • Uwizeyimana jack
    Ku wa 30-06-2021

    Twasabaga mukatuzanira abanyamahanga nkaba tatu tukajyerajyesa byakwanga tukaba subizayo

  • jinja
    Ku wa 30-06-2021

    NGO BAKEMERA ABANYAMAHANGA 5 BIVUZE NGO BARABYANZE

  • Niyonkuru Jules
    Ku wa 30-06-2021

    Igitekerezo cyange nuko abanyamahanga bakenewe kuko Apr iragira umukinnyi mwiza bagahita bamugura ubwo urumva nijya kugura abanyarwanda izazana uwo muri ya ekipe Apr yatsinze ubwose izaba irimo kuzamuka ?

  • Niyonkuru Jules
    Ku wa 30-06-2021

    Igitekerezo cyange nuko abanyamahanga bakenewe kuko Apr iragira umukinnyi mwiza bagahita bamugura ubwo urumva nijya kugura abanyarwanda izazana uwo muri ya ekipe Apr yatsinze ubwose izaba irimo kuzamuka ?

IZASOMWE CYANE

To Top